Fri. Sep 20th, 2024

Abafana ba APR FC bibumbiye mu itsinda rya Kicukiro Fan Club, bakoze ubusabane basangira icyo kunywa no kurya banabyina umuziki kahava.

Icyo kunywa cyari munange

Babikoze kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Mutarama 2020 ubwo bahuraga bakanasuzuma uko bitwaye mu mwaka w’imikino wa 2018/2019 n’intangiro z’uyu wa 2019/2020.

Ni umuhango wabere mu karere ka Kicukiro, iri tsinda ryakira ubusabe bw’abanyamuryango bashya bifuza kubiyungaho.

Rukaka Steven yashimiye abanyamuryango ba Kicukiro Fan Club abasaba gukomeza gushyira hamwe no gukomeza gukunda ikipe.

Ati’’Reka nsabe buri wese uri hano gukomeza gukunda no gushyigikira APR FC.”

Nyuma yo kugirana ibiganiro abakunzi ba APR FC bakoze ubusabane, baranywa bararya banacinya umudiho.

Byari ibyishimo

Bishimiye uburyo ikipe yabo iri kwitwara

Rukaka Steven Perezida w’iri hururiro
N’umuziki bawubyinnye
Nyampinga hano yizihiwe
Abandi na bo nta rungu
Bibukiranyije igituma barishyize hamwe nk’itsinda
Bishimye
Abafana ba APR FC bibumbiye muri Kicukiro Fan Club

Jean Paul MUGABE
UMUSEKE.RW

By admin

2 thoughts on “AMAFOTO: Itsinda ry’abafana ba APR bahuye bica icyaka!!”
  1. Ndashaka kwibariza uyumunyamakuru wakoze iyinkuru Niba yarari ahobyabereye kk ibyoyakoze yabikoze nkutaruhari pe nkuriya yatubwiye NGO ni Rukaka striven siwe rwose iyonkuru ubawayikoze isiyose ikayibona ark ubawababeshye kd cyane nukuri duhindure imikorere duteze imbeee itagaza makuru ryacu murakoze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *