Perezida Tshisekedi yakoze ikinamico rya politiki rigayitse – Minisitiri Nduhungirehe ku myitwarire y’ubuyobozi bwa RDC
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi,…
Cyamunara y’inzu y’ubucuruzi ibaruye kuri UPI: 1/02/13/04/663 iherereye i Remera / Gasabo
Yanditswe ku wa 10 Ukwakira 2025 na AMAKURU MEDIA
Madagascar: Abaturage basuzuguye Perezida banga kujya mu nama
Abaturage ba Madagascar biganjemo urubyiruko rumaze iminsi rwigaragambya, banze ubutumire bwa Perezida Andry Rajoelina wari wabatumiye ngo bagirane ibiganiro bigamije…
Ibiciro byo kureba imikino y’Igikombe cy’Isi byatumbagiye
Ibiciro byo kureba imikino y’Igikombe cy’Isi byatumbagiye, aho itike ya make yavuye kuri 11$ yariho mu 2022 igera ku 100$…
