Abanyarwanda batuye i Bangui batangiye kwitegura amatora yo mu Rwanda
Abanyarwanda hirya no hino bakomeje kwitegura amatora basanzwe bafata nk’ubukwe bitewe n’uko baba bashyashyanye mu myiteguro itandukanye. Ni kimwe n’abanyarwanda…
Umwimukira wa mbere mu Bwongereza yoherejwe ku butaka bw’u Rwanda
Ubwongereza bwohereje mu Rwanda umuntu wa mbere bwimye ubuhungiro, bijyanye na gahunda yo kuvana abantu mu Bwongereza ku bushake. Bijyanye…
Cyamunara y’ubutaka bubaruye kuri UPI: 1/03/10/01/4828 buherereye i Nyarugunga muri Kicukiro
Yanditswe ku wa 29 Mata 2024 na AMAKURU MEDIA
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari
Perezida Paul Kagame uri i Riyadh muri Arabie Saoudite, yahuye n’Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), Kristalina Georgieva, baganira ku mikoranire…
Abasirikare 20 ba Cambodia baguye mu iturika ry’igisasu
Minisitiri w’Intebe wa Cambodia Hun Manet, yatangaje ko abasirikare 20 bahitanywe n’igisasu cyaturikiye mu birindiro biri mu burengerazuba bwa Cambodia.…
Uburusiya: Minisitiri w’Ingabo wungirije yafunzwe
Ibiro bya Perezida w’Uburusiya byemeje ko Minisitiri w’Ingabo wungirije w’Uburusiya Timur Ivonav, yatawe muri yombi akurikiranweho ibyaha bya ruswa. Kuva…
Itangazo rimenyesha Mukayigire Alphonsine imikirize y’urubanza udafite aho abarizwa hazwi
Yanditswe ku wa 24 Mata 2024 na AMAKURU MEDIA
Indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda iri hafi gufata ikirere.
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yavuze ko indege ya mbere izazana abimukira i Kigali izahaguruka mu byumweru biri hagati…
Kwibuka 30: Uganda yashimiwe gushyingura Abatutsi biciwe mu migezi yabaroshye muri Victoria
Guverinoma y’u Rwanda yashimiye Uganda yashyinguye mu cyubahiro abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakajugunywa mu migezi yabaroshye mu…
