Kicukiro: Umukozi wa RwandAir yarohamye muri ‘Piscine’ arapfa
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Kabiri taliki 14, Mutarama, 2020 umusore witwa Albert Ngaboyisonga wari wagiye koga muri piscine…
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Kabiri taliki 14, Mutarama, 2020 umusore witwa Albert Ngaboyisonga wari wagiye koga muri piscine…
Mu rugendo Minisitiri w’Ubuzima, Dr Gashumba Diane yakoreye mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko hagiye gufatwa ingamba zo kwishyuza abaturage bambuye…
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro Lt Col Patrick Nyirishema yabwiye itangazamakuru ko ibiciro byahindutse ariko…
Mu byo basinye uretse kunoza umutekano basinye no gufatanya n’abandi mu kuzamura imibereho y’abaturage, igikorwa cyabaye ku wa 13 Mutarama…
Ku mugoroba wa kuri uyu wa mbere umugore w’uwahoze ari Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe Ubukungu n’Iterambere, abinyujije kuri…
Perezida Paul Kagame uri i Abu Dhabi muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE/ United Arab Emirates) mu nama yiga ku…
Ejo hashize tariki ya 13 Mutarama 2020, ba Minisitiri batanu barimo uw’Umutekano, Gen Patrick Nyamvumba, uw’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof Anastase Shyaka…
Umwana w’imyaka 10 witwa Henriette Umunezero wigaga mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza y’i Gasanze bamusanze mu giti cy’ipera yapfuye…
Itsinda ry’Inzobere rivuye mu Bwongereza ryashyize ibishushanyo ku nkuta z’Ibitaro abana barwaye amaso n’abayabazwe bavurirwamo, ngo azafasha ko biyibigaza ubuzima…