Muhanga: Umubyeyi yatemye umukobwa we bapfa ibijumba bihiye
Ahagana ku isaha ya 13h00 ku wa 11 Mutarama 2020, Umudamu witwa Mukansanga Providence yatemye umukobwa we witwa Valeria amukomeretsa…
Ahagana ku isaha ya 13h00 ku wa 11 Mutarama 2020, Umudamu witwa Mukansanga Providence yatemye umukobwa we witwa Valeria amukomeretsa…
Mu kiganiro n’itangazamakuru Umuyobzi w’Ikigo RITCO gitwara abagenzi hirya no hino mu Rwanda cyasimbuye icyari icya Leta cya ONATRACOM, yavuze…
Kayonza: Abanyamadini bo mu murenge wa Mwiri bavuga ko hari ingamba nyinshi zashyizweho na Leta mu kurwanya ibiyobyabwenge ariko ko…
Rugwiro Musoni Brillant wabaye uwa kabiri muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu wagiye ahagarariye u Rwanda mu gusesengura amagambo y’Icyongereza aherutse…
Ubuyobozi bw’akarere buributsa abaturage borojwe inka muri gahunda ya Girinka kutishimira amafaranga ngo bajyane umukamo w’amata ku isoko ngo bibagirwe…
Shanitah na basaza be babiri bakatiwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo gufungwa burundu nyuma yo kubahamya icyaha cyo kwica umugabo we.…
Mu mudugudu wa Kandamira, Akagari ka Kacyatwa mu murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo, uwitwa Augustin w’imyaka 53 arakekwaho…
Barange Jeremie wo mu Murenge wa Gatenga, mu karere ka Kicukiro yaganirije abaturage bo mu Karere ka Ruhango ababwira ubuhamya…
Abarwayi barembye, cyangwa abagore bari ku nda kubageza kwa muganga byari ingorabahizi, ku wa kabiri tariki 7 Mutarama 2020, bahawe…
Abafunguwe bahawe ibikoresho ngo bigiye kubafasha guhindura ubuzima bwabo n’ubw’imiryango yabo binyuze mu myuga itandukanye bigiye muri Gereza, abagororwa bauga…