Fri. Sep 20th, 2024

By admin

9 thoughts on “IMYANYA MYINSHI Y’AKAZI MU RWEGO RW’IGIHUGU RW’UBUGENZACYAHA (RIB)”
  1. Ibi bintu ndabikunze cyane. abarengeje 35 ntibagahabwe akazi gashya bajye bakomeza ako barimo bazamurwe muntera ariko nurubyiruko rwinjiremo, buriya umuntu ugize 35 aba ageze mugihe cyiza cyo kwihangira imirimo. i am a living proof.

  2. Ubwose turamenya dusaba iyihe myanya ko bitagaragara ra abafite GIMERI ba applyinge jye biranze

  3. abanyakigali nibo muha amahirwe yakazi gusa kuburyo mutakorohereza nabandi bari muntara zitandukanye gutanga document zisabwa muburyo bwikoranabuhanga? Ese gutanga impamyabushobozi iriho umukono wa noteri byo utarabona akazi sikibazo kumukandida ubishaka kdi udafite ubushobozi bwubukungu?kubwange nikibazo, gusa mwagakwiye gutanga amahirwe no koroherezwa kuri bose mugihe ushaka umukozi ubikwiye kdi ubifitiye ubushobozi.

    Mugire amahoro.

  4. Ukwezi kwitwa Monday kubaho? Ndabona kuri signature ya nyuma itariki bashyizeho ari 17 Monday 2020 na Chef arasinya. Icyongereza kiraza kudutez’abantu aho bukera mba ndoga Rwabutogo. Komez’imihigo Rwanda nziza.

    1. Rutura says we, uwareba buri wese ibyo yandika ntihaburamo amakosa. Nawe wanditse ngo”Icyongereza kiraza kudutez’abantu”wagombye kwandika ngo”Icyongereza kiraza kuduteza abantu”Kandi haravugwa ngo “Erraro no man est” se tromper est humain”wowe ndumva uri umwongereza data we.. England ni iyawe rwose.

  5. ariko namwe ntimugakabye ndabona uyu muntu yibeshye kdi ntagitangaza cyirimo twirebere ibyo itangazo rivuga

  6. ndibuka ko RIB yatanze itangazo ry’akazi yemwe tuba shortlisted turakora ikizami dutegereza ko amanota asohoka turaheba gusa iyo myanya twaje kumenya ko ifite abakozi nyuma. ubwo se iyo team ishinzwe gushaka abakozi yarahindutse. gusa abujuje ibisabwa courage.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *