Fri. Sep 20th, 2024

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni yongeye  gusura u Rwanda yaherukagamo mu mwaka wa 2017.

Perezida Museveni witabiriye inama ya CHOGM iri kubera mu Rwanda,yabanje gutwika imbuga nkoranyambaga n’ibinyamakuru ubwo yashyiraga hanze ifoto ari kwinjira muri kajugujugu ya gisirikare yarangiza akavuga ko aje i Kigali muri iyi nama.

Perezida Museveni uzwiho gutebya cyane yari yabanje gushyira hanze ifoto ye yinjira mu ndege ahagana mu masaha ya mu gitondo. N’indege yamagejeje hafi y’umupaka maze akomeza urugendo rwe n’imodoka ze zari zimutegereje.

Amafoto

 

Nyabugogo yakiranywe urugwiro

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *