KAYONZA: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima Kg30
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibiro 30, rwafatanywe…
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibiro 30, rwafatanywe…
Umutwe wa M23 waraye wigaruriye Centre ya Walikale, uyirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. …
Bankwijisi Emmanuel na Habonimana Gilbert barashakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatanwa amajerikani 3 ya lisansi bagifatwa ngo bari batumwe n’uwitwa…
Leta y’u Rwanda yamaganye byimazeyo ibikorwa biherutse gukorwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bigamije gusenya ubufatanye bwayo n’ibihugu…
Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe Umujyi wa Kavumu uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira,…
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi…
Ubuyobozi bw’Ikipe ya Etincelles FC bwemeje Seninga Innocent nk’Umutoza wayo mu gihe gisigaye ngo uyu mwaka w’imikino wa 2024/25 urangire.…
Donald John Trump yarahiriye kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA), mu muhango wabaye kuri uyu wa…
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Abu Dhabi…