Kobe Bryant yapfanye n’umukobwa we n’abandi bantu 7, bahitanywe na Kajugujugu
Amakuru yavugaga ko Umukinnyi wamamaye cyane muri NBA, Kobe Bryant yahitanywe n’indege ya Kajugujugu ku cyumweru ahagana saa ine z’amanywa…
Amakuru yavugaga ko Umukinnyi wamamaye cyane muri NBA, Kobe Bryant yahitanywe n’indege ya Kajugujugu ku cyumweru ahagana saa ine z’amanywa…
Ikiraro gihuza Umurenge wa Shyogwe na Byimana cyarangiritse, abakinyuraho bavuga ko bakambakamba bashaka kuva cyangwa kujya hakurya no hakuno. Bamwe…
Ibi yabivugiye mu karere ka Burera ubwo hatangiraga ibikorwa byo kubaka umuyoboro y’amazi yari asanzwe amanuka mu birunga akangiza imirima …
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Mutarama, 2020 nibwo inshuti n’abavandimwe ba Dr James Vuningoma bamusezeye ho bwa nyuma. Yitabye…
Ibitaro bya Ruhengeri biherereye mu murenge wa Muhoza bigiye gusenywa hubakwe ibindi bishya. Ni mu rwego rwo kuzuza isezerano Perezida…
Ubuyobozi bw’ishuri ‘Nziza Training Academy’ buvuga ko ubumenyi iri shuri riri guha abana b’u Rwanda bwitezweho kuzakoreshwa mu mishinga y’ubwubatsi…
Kuri uyu wa Gatanu mu nzu mberabyombi y’Umujyi wa Kigali habereye inama yahuje ishami rya Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda …
Abakora mu rwego rw’Ubuzima mu karere ka Muhanga biyemeje ko bagiye kuzamura igipimo cy’abaturage bipimisha Hepatite C bakakivana kuri 1,5%…
Bamwe mu bakora imirimo yo gusoroma icyayi bakorana n’uruganda rutunganya icyayi rwa Mata Tea Company rukorera mu karere ka Nyaruguru…
CHENO iti “Ubutwari bushimangiwe mu bato twaba twizeye u Rwanda rw’ejo hazaza.” Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki…