Fri. May 15th, 2026

Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima RBC kivuga ko indwara y’ubushita bw’inkende (MPOX) ari indwara yandura, ku buryo gishishikariza abantu baba bagaragayeho ibimenyetso byayo kwihitira kujya kwa muganga.

Umuyobozi ushinzwe kurwanya indwara z’ibyorezo muri RBC, Dr Edison Rwagasore avuga ko indwara y’ubushita bw’inkende yandura abantu babonye bafite ibimenyetsio bayo bajya kwa muganga vuba na bwangu kuko ivurwa igakira, kandi ibikenewe ngo ivurwe bihari.

Yagize ati: “Indwara y’ubushita bw’inkende (MPOX) ni indwara yandura ariko amavuriro yacu mu gihugu afite  ibyangombwa byose ndetse n’ubushobozi bwo kuyivura igakira cyane cyane iyo uyirwaye yihuse akajya kwa muganga hakiri kare.”

Ubu ju Rwanda hagaragaye abarwayi 2, umweyahawe ubuvuzi arakira arasezerwra yarasezerewe undi nawe arackitabwaho mu bitaro ariko ntarembye.

Isesengura ryakozwe ku b9ipimo byafashe kuri abo babiri ryagaragaje ko Byagaragaye kandi ko inkomoko ya virusi bari bafite nta nko nkokomku nkende ndetse kugeza ubu uburwayi ntiburagaragara mu nkende n’izindi nyamaswa.

MPOX yandura binyuze mu gukora ku ntu uyirwaye cg gukora ku matembabuzi nkabantu bahiberana, basomana, gukortana imibonanao mp uzabitsina npumuntu ufite MPOX kandi agakingirizo ntacyo kayikingiraho.

Yongeyeho ati: “Mu gihe ugaragazje kimwe cyangwa byinshi mu bimenyetso bya MPOX ihutire kujya kwa muganga ngo usuzumwe, ufatwe ibipimo bishobora kugaragaza ko wanduye virusi ya MPOX bizakongerera amahirwe yo kuvurwa ugakira. Niba warakoze ku muntu uyirwaye, cyangwa waragiranye nawe imibonano mpuzabitsina, irinde gukora ku bantu kandi wihutire kujya kwa muganga igihe cyose ugaragaje ibimenyetso.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *